RwandaSports.net

...amakuru yose ya siporo mu rwanda

  • Increase font size
  • Default font size
  • Decrease font size

AMAHINDURA KURI RWANDASPORTS.NET

E-mail Print PDF
ubuyobozi bwa RWANDA SPORTS bunejejwe no kubamenyesha ko umurongo wa rwandasports.net ugiye guhindurwa rwandasports.org akaba ari umurongo w'iihuriro ry'abanyamakuru bigenga mu Rwanda. uyu murongo mushya uzajya ubagezaho inkuru zose za sport mu kinyarwanda ndetse n'icyongereza. abanyamakuru ba sport batandukanye kandi bahurirye muri iryo huriro, bakaba bari gutyaza inkuru zitandukanye zizabagezwaho ubwo uwo murongo mushya uzaba ufunguye amarembo mu gihe cya vuba. tubaye tubiseguyeho kuko ari ntazindi nkuru zizongera kubagezwaho kuri rwandasports.net ndetse ari nako dushimira abagize uruhare mu mibereho yayo yose. ni nako dushimira mwe mwese mwagiye mudusura.
 

Ikipe y'igihugu y'abakobwa U17 mu MISIRI

E-mail Print PDF

 

 Nyuma yo gusesekara mu MISIRI igafatwa nabi, ikipe y'igihugu y'abakobwa y'abatarengeje imyaka 18 yatangiye gukina aho kuva  isaha ya saa kumi n'ebyiri z'umugoroba iri gutana mu mitwe na RD CONGO.Hagati aho umutoza Paul BITOK utoza iyi kipe ku makuru aturuka mu gihugu cya MISIRI atangaza ko yiteguye kuzakina kandi bikaba ari byiza kuba ahuye na RD CONGO ku mukino wa 1 kuko nibawutsinda indi bazayikinana morale. 

Iyi kipe ikaba yatangiye kumenyera ikirere ndeste n'imirire ya hariya ku buryo ntakibazo gusa RDC ifite abakecuru byo n'ubwo muri training zabo nta gishya kibamo. Umuyobozi wa CAVB, Dr Elwani Amr yasezeranyije ikipe y' u Rwanda imyenda yo gukinana ngo kuko ari ubwa mbere rwitabiriye amarushanwa nk'aya.



 

APR: TP MAZEMBE I KIGALI

E-mail Print PDF
benshi bagumye kwibaza igihe iyi kipe izagerera i KIGALI, cyane ko n'ishyirahamwe ry'umukino w'umupira w'amaguru mu RWANDA ryari ryarashobewe; cyakora byaje kugirirwa umwanzuro aho TP MAZEMBE yaje gutangaza ko ejo saa saba z'amanywa izaba isesekaye i KIGALI. ije kare kugirango irusheho kwitegura neza umukino wayo na APR uteganyijwe kuwa gatandatu kuri stade AMAHORO.
 

TP MAZEMBE irahasesekaye

E-mail Print PDF

 

Ikipe ya TP MAZEMBE imaze gusesekara inaha i kigali ubwo yakandagiraga ku kibuga cy'i ndege ahagana mu masaha ya saa kumi n'ebyiri z'umugoroba kuri ubu ikaba iri kugirana ikiganiro n'abanyamakuru ba hano mu Rwanda.

 

APR: ABAKINNYI BAKEKWAGAHO KUTAZAKINA IBYABO BYARANGIYE

E-mail Print PDF
APR FC yakomeje gutangaza ko nta kibazo abakinnyi bayo bafite kabone n'ubwo itangazamakuru ryari ryakomeje kuzamura ikibazo cya LIBOLO ndetse na TP MAZEMBE gishingira kubakinnyi KALISA MAO uzwi mu ikipe ya VITA CLUB nka KASONGO KABIONA ayo mazina YE yombi
Read more...
 
  • «
  •  Start 
  •  Prev 
  •  1 
  •  2 
  •  3 
  •  4 
  •  5 
  •  6 
  •  7 
  •  8 
  •  9 
  •  10 
  •  Next 
  •  End 
  • »


Page 1 of 82

Abadusuye

We have 5 guests online

HITAMO

Igikosi ninde uzakijana?
 

HITAMO (2)

Ni inde mukinnyi w'umwaka 2009?
 

HITAMO (3)

Ni inde mutoza w'umwaka 2009?
 

HITAMO (4)

Abahesheje ishema igihugu
 

Entertainment


Newsflash

nyuma y'igihe kingana n'ukwezi umurongo wa rwandasports.net utabatangariza amakuru, kuri ubu wongeye kujya ahagaragara. amakuru anyuranye y'imikino ndetse n'imyidagaduro agiye kongera kubageraho ku bwinshi. RWANDA SPORTS iboneyeho kubifuriza umwaka mwiza wa 2010